• Ukwemera kwawe

    Ukwemera kwawe

    Ubutumwa bwose bw’intumwa zose n’abahanuzi bwose bwaje bushingiye ku gusenga Imana imwe rukumbi itagira uwo ibangikanye nawe, no guhakana ibindi byose bisengwa bitari Imana, iki ni nacyo gisobanuro cy’ijambo La ilaha ila llahu, Muhamadi rasulu...

    soma byinshi
  • Isuku yawe

    Isuku yawe

    Imana yategetse umuyislamu gusukura imbere muri we n’umutima we abikuramo ibangikanya n’uburwayi bw’umutima nk’ishyari, kwibona n’inzika, akanasukura inyuma he yikuraho imyanda Najisi n’indi myanda isanzwe, aramutse akoze ibyo icyo gihe aba...

    soma byinshi
  • Isengesho ryawe.

    Isengesho ryawe.

    Iswala ni inkingi y’idini ikaba n’umuhuza hagati y’umuntu na Nyagasani we, no kubera iyo mpamvu iswala yabaye rimwe mu masengesho ahambaye kandi afite agaciro gakomeye, Imana yategetse umuyislamu kwitwararika isengesho mu bihe byose waba uri k’...

    soma byinshi
  • Igisibo cyawe

    Igisibo cyawe

    Imana yategetse abayislamu gusiba ukwezi kumwe mu mwaka, ariko ukwezi kwa Ramadhani, abigira inkingi ya kane mu nkingi zigize Islam, Imana yaravuze iti “Yemwe abemeye mutegetswe gusiba nk’uko byategetswe ababayeho mbere yanyu, kugira ngo mubashe...

    soma byinshi
  • Zakat

    Zakat

    Zakat ni ikigero gitoya cy’umutungo Imana yategetse abayislamu, kigomba gutangwa n’abakire kugira ngo gikemure ibibazo by’abakene n’abatishoboye hari n’izindi mpamvu.

    soma byinshi
  • Hijat yawe

    Hijat yawe

    Gukora Hijat i Makka ni inkingi ya gatanu mu nkingi zigize Islam, Hijat ikaba ari isengesho rihuriramo amasengesho menshi y’umubiri, umutima n’umutungo, Hijat ikaba igomba gukorwa n’ufite ubushobozi bw’umubiri n’umutungo, ikaba ari itegeko rimwe...

    soma byinshi
  • Uburyo bwawe bwo gukorana n’amafaranga

    Uburyo bwawe bwo gukorana n’amafaranga

    Islamu yashyizeho amategeko yose n’amabwiriza yose abungabunga umuntu n’uburenganzira bwe bw’umutungo n’umwuga yaba ari umukire cyangwa umukene, ibyo bikaba bifasha mu gukomeza umuryango no kuwuteza imbere mu ngeri zose z’ubuzima.

    soma byinshi
  • Ibiribwa byawe n’ibinyobwa byawe

    Ibiribwa byawe n’ibinyobwa byawe

    Ibiribwa biziruye bigira agaciro gakomeye muri Islam, kuko ari intandaro yo kwakirirwa ubusabe no kubona umugisha mu mitungo no k’umuryango wawe.
    Ikigamijwe mu biribwa biziruye ni ibiribwa byemewe byaturutse mu murimo wemewe no ku mutungo...

    soma byinshi
  • Imyambaro yawe

    Imyambaro yawe

    Imyambaro ni imwe mu nema z’Imana yahaye abantu, nk’uko Imana yabivuze igira iti “Yemwe bene Adamu! Mu by’ukuri, twabahaye umwambaro uhishira ubwambure bwanyu ukaba n’umutako, ariko umwambaro wo gutinya Allah ni wo mwiza. Ibyo ni bimwe mu...

    soma byinshi
  • Umuryango wawe.

    Umuryango wawe.

    Islam yibanze cyane guhamya no gushimangira umuryango, no kuwurinda ibyawugirira nabi, kuko gutungana k’umuryango no kuba hamwe kwawo bitanga icyizere cyo gutungana k’umuntu ku giti cye n’abantu bose muri rusange.

    soma byinshi
  • Imico yawe muri Islam.

    Imico yawe muri Islam.

    Imico muri Islam ntabwo ari ikintu kidafite agaciro cyangwa cyo kuzuza umuhango, ahubwo ni igice kigize idini mu mpande zayo zose, imico muri Islam ifite urwego ruhambaye, ibyo bikaba bigaragarira mu mategeko menshi ya Islam n’amabwiriza yayo,...

    soma byinshi
  • Ubuzima bwawe bushya.

    Ubuzima bwawe bushya.

    Mu by’ukuri, muri cya gihe umuntu aba yinjiye Islam, ni igihe gihambaye mu buzima bwe, uko kuba ari ukuvuka kwe k’ukuri, kuba gutumye mu by’ukuri, amenya impamvu yo kuba ari muri ubu buzima, n’uko agomba kubaho bijyanye n’amategeko y’idini ya...

    soma byinshi