Ibiribwa byo mu mazi

Ikigamijwe mu biribwa byo mu mazi, ni ibidashobora kubaho bitari mu mazi.

Iyo tuvuga amazi tuba tugamije kuvuga amazi menshi hakinjiramo ibiyaga n’imigezi n’andi mazi menshi.

Ibyo biribwa byose byo mu mazi byaba inyamaswa cyangwa ibimera byarobwe cyangwa byasanzwe ahantu byapfuye, ibyo kubirya biremewe igihe cyose bidafite ingaruka mbi ku buzima.

Imana yaravuze iti “Muziruriwe kurya umuhigo wo mu mazi n’ibiribwa byaho” Surat Maidat: 96.

Guhiga bisobanuye ikintu gifatwa ari kizima, naho ibiribwa n’ibyo uruzi ruzana byapfuye.

Inyamaswa z’imusozi

Ni ngombwa kugira ngo urye inyamaswa z’imusozi kuba zujuje ibintu bibiri:

Kuba zahinzwe cyangwa zabazwe mu buryo bwemewe n’amategeko y’idini.

Zigomba kuba ari inyamaswa ziziruye kandi ziribwa.

Inyamaswa ziziruye ni izihe?

Ubusanzwe inyamaswa zose ziba ziziruye, usibye gusa izaje muri Qor’an na Hadith ko zaziririjwe.

Inyamaswa zaziririjwe ni izi zikurikira:

    1. Ingurube: Ni inyamaswa yaziririjwe kandi ni Najis muri Islam yo n’ibyayo byose n’ibihimba biyigize, n’ibiyivamo, nk’uko Imana yabivuze igira iti “Muziririjwe kurya ibyipfishije, amaraso, inyama z’ingurube” Surat Al Maidat: 3. Imana nanone iravuga iti “Cyangwa inyama z’ingurube, kuko zo ari Najis” Surat Al An’am: 145.

Inyamaswa zose zemewe kuribwa nyuma yo kuzibaga usibye gusa izarobanuwe mo na Qor’an na Hadith.

  1. Buri nyamaswa yose ifite imikaka: zikaba ari buri nyamaswa yose itunzwe no kurya inyama, yaba nini nk’intare, ingwe, cyangwa ntoya, nk’injangwe n’izindi nkazo ndetse n’imbwa.
  2. Buri nyoni yose ifite inzara: arizo inyoni zose zitunzwe no kurya inyama, nk’agaca, kagoma n’igihunyira sakabaka n’ibindi.
  3. Udusimba: akaba ari buri dusimba twose tw’imusozi tutemewe kuribwa kuko tutabagwa, hagakurwamo gusa isenene n’inzige kuko byo byemewe kuribwa, intumwa Muhamadi yaravuze iti “Twaziruriwe ibyipfishije bibiri: Isamake n’inzige” Yakiriwe na Ibun Majah: 3218.
  4. Inzoka n’imbeba: Byaraziririjwe kubirya, twanategetswe kubyica, intumwa Muhamadi yaravuze iti “Ibintu bitanu ni ibyononnyi bigomba kwicwa aho ariho hose haba kubutaka bujiririjwe cyangwa ahandi: Inzoka, ikiyoni, imbeba, imbwa ziryana na sakabaka” Yakiriwe na Bukhariy: 3136. Na Muslim: 1198.
  5. Indogobe zo mu ngo: Zikaba ari indogobe zikoreshwa mu byaro bazigendaho zikanaheka imizigo.

Amoko y’inyamaswa ziziruwe:

Inyamaswa Imana yaziriye muri ziriya zose zirimo ibice bibiri:

  • Ubwoko bw’inyamaswa zishobora gutungwa kandi umuntu ashobora gufata akabaga: Izo ntibyemewe kuzirya zitabazwe.
  • Iziba mu mashyamba zitinya abantu, bikaba bitashoboka kuzifata kugira ngo uzibage: Izo zikaba ziziruye kuri twe mu buryo bwo kuzihiga byemewe n’amategeko y’idini.

الذكاة الشرعية:

هي الذبح أو النحر المستوفي للشروط الشرعية.

شروط الذكاة الشرعية:

أباح الله تعالى لنا طعام أهل الكتاب (اليهود والنصارى) إذا ذبحوا بالطريقة الشرعية.

  1. أن يكون الذابح من أهل الذكاة، وهو المسلم أو الكتابي (اليهودي والنصراني) الذي يميز ويقصد الذكاة.
  2. أن تكون الآلة صالحة للذبح وتُجري الدم وتقطع بحدها كالسكين، ويحرم استخدام ما يقتلها بثقله واصطدامه برأس الحيوان أو بحرقه كالصعق الكهربائي.
  3. أن يذكر اسم الله فيقول (بسم الله) عند تحريك يده للذبح.
  4. قطع ما يجب قطعه في الذكاة، وهو: المريء، والحلقوم، والودجين وهما العرقان الكبيران في الرقبة، أو ثلاثة من هذه الأربعة.

فإذا توفرت هذه الشروط حلت الذبيحة، أما إذا اختل شرط من هذه الشروط فإن الذبيحة لا تحل.

أنواع اللحوم في المطاعم والمحلات:

  1. ما ذبحه غير المسلم والكتابي كالبوذيين والهندوس واللادينيين فهذا محرم، ويدخل فيه ما يوجد في مطاعم ومحلات البلاد التي غالب أهلها من غير المسلمين وأهل الكتاب، فحكمه التحريم حتى يثبت خلاف ذلك.
  2. ما ذبحه المسلم أو الكتابي بالطريقة الشرعية فهذا جائز باتفاق.
  3. ما ذبحه المسلم أو الكتابي بطريقة غير شرعية كالصعق والإغراق: فهذا محرم قطعاً.
  4. ما ذبحه الكتابي ولم يعلم حال الذبح وكذلك ما يوجد في مطاعمهم ومحلاتهم فالأصل: أنه من ذبائحهم والراجح جواز الأكل منها مع الحرص على التسمية عند الأكل، وإن كان الأولى البحث عن اللحوم الحلال واضحة الإباحة.